RUHAGOYACU.com RUHAGOYACU kuri Youtube RUHAGOYACU kuri Twitter RUHAGOYACU kuri Facebook
Indi mikino Yanditswe kuya 22-05-2013 saa 19:01'  -  Adolphe Mutoni akomeje gutabarizwa  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:38'  -  Amagare: Irushanwa rya Criterum Rwamagana mu gutaha ikigo gishya kigisha uyu mukino  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:22'  -  U 19 U Rwanda rwamenye itsinda rurimo mu gikombe cy’isi  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:00'  -  Volleyball:UNR ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda INATEK  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 7:37'  -  Ijisho rya Ruhago: Athletisme- Johnson mu kubeshya Minispoc agahima abakunzi b’imikino
Mavugo Laudit arashakishwa n’ikipe ya JS Kabylie
Print Views: 920 Share on Facebook Share on Twitter Text Size

Rutahizamu w’ikipe y’Intamba mu Rugamba hamwe na ikipe ya Police FC Mavugo Laudit, kuri ubu arashakishwa n’ikipe yo muri Algeria ariyo JS Kabylie.

Nkuko ibinyamakuru byo muri Algeria bibitangaza umutoza w’Intamba mu Rugamba Adel Amrouche akaba ari umwe mubari kugira uruhare ngo uyu mukinnyi abe yasanga iyi kipe avuye muri Police FC ya hano mu Rwanda.

Bitaganyijwe ko abayobozi ba JS Kabylie bazavugana na Police FC kubyerekeye uymukinnyi , aho bitangazwa ko bamwifuza bikomeye cyane.

Mavugo Laudit akaba ari rutahizamu wafashije ikipe ya Police FC kwitwara neza muri shampiyona nubwo yaje gutakaza igikombe mu mikino yanyuma ikaba yararangije iri ku mwanya wa kabiri.

Uyu musore kandi ni umwe muri ba rutaha izamu bakomeye ikipe y’Intamba mu Rugamba igenderaho muri iyi minsi.


  • AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
    Andika Izina na E-mail yawe ahabugenewe
    Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na RuhagoYacu.com
    Iyo igitekerezo cyawe kitajyanye n’inkuru cyangwa gitandukiriye amahame agenga abasiporitifu kirasibwa.
    Murakoze!

Urutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere 2012 - 2013.
Shampiyona igeze ku munsi wa 24
Nimero Ikipe Imikino Amanota
01 RAYON SPORTS 25 57
02 POLICE FC 25 52
03 APR FC 25 45
04 Mukura VS 25 41
05 La Jeunesse 25 39
06 As Kigali 25 36
07 Kiyovu 25 34
08 Musanze 25 33
09 AMAGAJU FC 25 30
10 As Muhanga 25 26
11 Espoir 25 25
12 MARINES FC 25 21
13 Etincelles 25 18
14 Isonga 25 15
Urutonde rurambuye