RUHAGOYACU.com RUHAGOYACU kuri Youtube RUHAGOYACU kuri Twitter RUHAGOYACU kuri Facebook
Amakuru ashyushye Yanditswe kuya 24-05-2013 saa 27:32'  -  Mukura VS abakinnyi 3 bahagaritswe, 5 barasezererwa bashinjwa kwigumura  |  Yanditswe kuya 24-05-2013 saa 20:18'  -  Ni iki cyihishe inyuma yo kudahamagarwa kwa MUGABO mu Mavubi?  |  Yanditswe kuya 22-05-2013 saa 18:40'  -  Papy muri Rayon Sports, Iranzi muri Yanga n’ibindi bihuha by’ama transfert mu Rwanda  |  Yanditswe kuya 21-05-2013 saa 29:17'  -  CECAFA Kagame Cup: APR FC mu itsinda ry’urupfu  |  Yanditswe kuya 21-05-2013 saa 17:11'  -  Rutaremera yatengushye abakunzi ba Musanze- Ferwafa ikomeje kuba ku izina gusa
Euro 2012 : Ronaldo yarijije umufana !!
Print Views: 1213 Share on Facebook Share on Twitter Text Size

Cristiano Ronaldo , rutahizamu wa Real Madrid na Portugal kuri ubu aranengwa n’abafana ba Portugal uburyo yarijije umwana w’umukobwa w’imyaka 10 wari uje kumusaba ko amusinyira (autographe) aramwirengangiza.

Ese intandaro yabaye iyihe ?

Uyu mukobwa ukiri mutoya yakurikiranye ikipe ya Portugal aho yakoreraga imyitozo maze abakinnyi baragije ajya gushaka uwo yikundira ngo amusinyira ariko Ronaldo amutera utwatsi arigendera !

Ibi byatumye umwana w’umukobww’imyaka 10 asigarana agahinda kenshi cyane ararira atashye abwira ise ibyamubayeho ko Ronaldo yanze kumusinyira kandi ntacyo atakoze ngo ashyigikire ikipe.

Kubabashije kubona ibyabaye aho , uwo mukobwa wari wambaye agapira keza ka Barcelona ngo niko katumye Ronaldo ukinira Real Madrid yanga kumusinyira maze akanamwirengangiza kubera amakimbirane ari agati y’aya makipe ahora ashyamiranye hamwe na Messi na Ronaldo bose bahora bahanganye.

Umubyeyi w’uyu mukobwa akaba yarababajwe n’ibyabaye aho yatangaje ko umukobwa we yatashye afite agahinda kenshi cyane yanacitse intege dore ko akunda Ronaldo kandi akaba yaranashyigikiye ikipe ye aho yanyuze hose.


  • AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
    Andika Izina na E-mail yawe ahabugenewe
    Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na RuhagoYacu.com
    Iyo igitekerezo cyawe kitajyanye n’inkuru cyangwa gitandukiriye amahame agenga abasiporitifu kirasibwa.
    Murakoze!

Urutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere 2012 - 2013.
Shampiyona igeze ku munsi wa 24
Nimero Ikipe Imikino Amanota
01 RAYON SPORTS 25 57
02 POLICE FC 25 52
03 APR FC 25 45
04 Mukura VS 25 41
05 La Jeunesse 25 39
06 As Kigali 25 36
07 Kiyovu 25 34
08 Musanze 25 33
09 AMAGAJU FC 25 30
10 As Muhanga 25 26
11 Espoir 25 25
12 MARINES FC 25 21
13 Etincelles 25 18
14 Isonga 25 15
Urutonde rurambuye