RUHAGOYACU.com RUHAGOYACU kuri Youtube RUHAGOYACU kuri Twitter RUHAGOYACU kuri Facebook
Indi mikino Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:38'  -  Amagare: Irushanwa rya Criterum Rwamagana mu gutaha ikigo gishya kigisha uyu mukino  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:22'  -  U 19 U Rwanda rwamenye itsinda rurimo mu gikombe cy’isi  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:00'  -  Volleyball:UNR ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda INATEK  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 7:37'  -  Ijisho rya Ruhago: Athletisme- Johnson mu kubeshya Minispoc agahima abakunzi b’imikino  |  Yanditswe kuya 18-05-2013 saa 28:12'  -  Volleyball amakipe abiri ya mbere arahurira i Ruhande kuri iki cyumweru
Abagore: Com-Unity Seminar yateguwe na FIFA na FERWAFA yatangijwe
Print Views: 239 Share on Facebook Share on Twitter Text Size

Kuwa Kabiri tariki ya 10/07/2012 kuri Lemigo Hôtel hatangijwe ku mugaragaro seminar ku mupira w’Abagore, Com-Unity Seminar, yateguwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) hamwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA).

Minisitiri Protais Mitali

Umuhango wo gutangiza iyi Seminar wayobowe na Minisitiri wa Siporo n’Umuco Protais Mitali, Perezida wa FERWAFA Celestin Ntagungira Abega, abayobozi batandukanye muri Ferwafa, hari kandi abayobozi baturutse muri FIFA harimo Perezida w’ishyirahmwe ry’umupira w’amaguru mu Burundi Lydia Nsekera, umwe mu bagize komite nyobozi ya FIFA , hari Umufaransakazi w’inzobere mu myitozo y’umupira w’amaguru mu bagore Sonia Haziraj, Christophe Bongo Zonga ukomoka muri Gabon ushinzwe itumanaho, hari ushiznwe Marketing nat Sponsor Ian Reley.

Com-Unity Seminar, umupira w’amaguru mu bagore yatangiye tariki ya 10/07 izarangira tariki ya 13/07/2012, abayitabiriye bazarebera hamwe ibiganiro bigamije kureba ibyakozwe n’ibiteganywa gukorwa kugirango umupira w’abagore utere imbere.

Ku munsi wa nyuma hateganyije na Festival izabera kuri Stade Amahoro i Remera, abana b’abakobwa 60 bari munsi y’imyaka 15, kizaba ari ikimenyetso cyo gukangurira abana b’abakobwa kwitabira gukora siporo harimo no gukina umupira w’amaguru.

Dore amwe mu mafoto yaranze umunsi wa mbere


  • AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
    Andika Izina na E-mail yawe ahabugenewe
    Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na RuhagoYacu.com
    Iyo igitekerezo cyawe kitajyanye n’inkuru cyangwa gitandukiriye amahame agenga abasiporitifu kirasibwa.
    Murakoze!

Urutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere 2012 - 2013.
Shampiyona igeze ku munsi wa 24
Nimero Ikipe Imikino Amanota
01 RAYON SPORTS 25 57
02 POLICE FC 25 52
03 APR FC 25 45
04 Mukura VS 25 41
05 La Jeunesse 25 39
06 As Kigali 25 36
07 Kiyovu 25 34
08 Musanze 25 33
09 AMAGAJU FC 25 30
10 As Muhanga 25 26
11 Espoir 25 25
12 MARINES FC 25 21
13 Etincelles 25 18
14 Isonga 25 15
Urutonde rurambuye