RUHAGOYACU.com RUHAGOYACU kuri Youtube RUHAGOYACU kuri Twitter RUHAGOYACU kuri Facebook
Indi mikino Yanditswe kuya 22-05-2013 saa 19:01'  -  Adolphe Mutoni akomeje gutabarizwa  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:38'  -  Amagare: Irushanwa rya Criterum Rwamagana mu gutaha ikigo gishya kigisha uyu mukino  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:22'  -  U 19 U Rwanda rwamenye itsinda rurimo mu gikombe cy’isi  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:00'  -  Volleyball:UNR ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda INATEK  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 7:37'  -  Ijisho rya Ruhago: Athletisme- Johnson mu kubeshya Minispoc agahima abakunzi b’imikino
Football: Irushanwa ry’abana bari munsi y’imyaka 13 na 16 rigeze ku musozo
Print Views: 314 Share on Facebook Share on Twitter Text Size

Irushanwa ry’umupira w’amaguru ku bana bari munsi y’imyaka 13 na 16 ryaberaga ku kibuga cya Kinyinya rikaba ryaratangiye kuva tariki ya 16/06/2012, amakipe azakina umukino wa nyuma akaba yamaze kumenyekana, nyuma y’imikino ya kimwe cya kabiri kirangiza yakinwe kuwa gatandatu tariki ya 14/07/2012.

Uko amakipe yahuye muri 1/2 kirangiza

Abari munsi y’imyaka 13

Angel Team Kinyinya Academy 5-1 New Force Team

Aigle Star Academy 4-2 Young With Hope Academy

Abari munsi y’imyaka 16

Angel Team Kinyinya Academy 2-1 New Force Team

Aigle Star Academy 0-0 New Stars Academy hitabajwe za penaliti maze Aigle Star Academy yinjiza 8-7 za New Force Team.

Imikino ya nyuma (Final) iteganyijwe kuwa gatandatu tariki ya 21/07/2012.

Uko amakipe azahura

Angel Team Kinyinya Academy U 13 VS Aigle Star Academy U 13

Angel Team Kinyinya Academy U 16 VS Aigle Star Academy U 16

Irushanwa ryari ririmo amakipe umunani, ariko buri kipe ikaba ifite amakipe abiri iy’abakinnyi bari munsi y’imyaka 13 na 16, bityo amakipe yose hamwe akaba ari 16. Amakipe yari agabanyije mu matsinda abiri.

Itsinda A

1. Umurava FC

2. New Force Team

3. Aigle Star Academy

4. A.S Luron FC

Itsinda B

1. Young With Hope Academy

2. Angel Team Kinyinya Academy

3. New Stars Academy

4. Bright Future


  • AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
    Andika Izina na E-mail yawe ahabugenewe
    Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na RuhagoYacu.com
    Iyo igitekerezo cyawe kitajyanye n’inkuru cyangwa gitandukiriye amahame agenga abasiporitifu kirasibwa.
    Murakoze!

Urutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere 2012 - 2013.
Shampiyona igeze ku munsi wa 24
Nimero Ikipe Imikino Amanota
01 RAYON SPORTS 25 57
02 POLICE FC 25 52
03 APR FC 25 45
04 Mukura VS 25 41
05 La Jeunesse 25 39
06 As Kigali 25 36
07 Kiyovu 25 34
08 Musanze 25 33
09 AMAGAJU FC 25 30
10 As Muhanga 25 26
11 Espoir 25 25
12 MARINES FC 25 21
13 Etincelles 25 18
14 Isonga 25 15
Urutonde rurambuye