Kuwa mbere tariki ya 23/07/2012 nibwo hatangiye imikino ya kimwe cya kane kirangiza mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2012.
Umukino wambimburiye indi wahuje URA yo muri Uganda na APR FC yo mu Rwanda, igice cya mbere cyarangiye APR FC yizera yuko ikirenge kimwe cyageze muri 1/2 kirangiza nyuma yaho iminota 45 y’igice cya mbere yarangiye APR FC ifite ibitego 2-0 bwa URA ibitego byinjiwe na Iranzi Jean Claude na Ndikumana Seleman.
Igice cya kabiri ikipe ya URA yatangiye isatira ishakisha uburyo yakwishyura ibitego yari yatsinzwe , abinyuma ba APR FC babyitwaramo neza. Ku munota 55 Ngabo Albert yahawe ikarita y’umuhondo kubera gutinza umukino.
ku munota wa 56 Robert Ssetongo yinjije igitego cya mbre cya URA ku ishoti ryiza ry’imoso.
Ku munota wa 60 Lionel St Preux wa APR FC yahushije igitego ku mupira mwiza yari aherejwe na Karekezi Olivier, nyum y’umunota umwe gusa Iranzi Jean Claude kubera gutinda gutanga umupira abakinnyi ba URA bari bawumwatse.
Ndoli Jean Claude nawe yahawe ikarita y’umuhondo kubera gutinza umukino ku munota wa 67. Ku munota 77 APR FC yakijijwe n’izamu ku mupira mwiza wari utewe na Rutahizamu wa URA. Ku munota wa nyuma winyongera Kabange Twinte yahawe ikarita itukura, APR FC ikaba izaba itari kumwe nawe muri 1/2 kirangiza.
Umukino warangiye APR FC ikatishije itike yo gukomeza muri 1/2 kirangiza nyuma yo gutsinda ibitego 2-1 cya URA.
Kuya 18-05-2013 saa 20:48
Cassa nyuma yo kutabona umusaruro muri As Kigali gahunda ni ukwigisha itangazamakuru?
Kuya 18-05-2013 saa 19:50
APR FC intambwe ku mukino wa nyuma nyuma yo gutsindira As Kigali mu rugo
Kuya 18-05-2013 saa 06:43
Igikombe cy’Amahoro: amakipe ane aratangira kwisobanura
Kuya 17-05-2013 saa 07:48
Kiyovu na Rayon Sports zirahura mu mpera z’uku kwezi
Kuya 15-05-2013 saa 07:02
Cassa aratoza umukino wa Marines nyuma yo gukurirwaho ibihano
|
Ruzibiza Alphonse Kuya 25-07-2012 saa 01:06'
|
|
maranyundo Kuya 24-07-2012 saa 08:11'
|
|
bugesera Kuya 24-07-2012 saa 08:01'
ariko mwakoze mukareka amatiku koko,yaritwishe se,kutadutinya se,n’ibitegooo? n’amanota se?kuba ababoyi kwanyu kwarabakoronije kweri!ubu ntabwo abareyo muremera naba ntwe twarahigejeje,ese mwe mugeze ucyiciro kihe ra? ko muvugako twe ari amahirwe,cg arbitre uvuga niwe washyizeho iminota? Imana izabagumye uko iteka ntimunyurwa ,tuzageraho dushoboye kd twitsindiye musigare kurugo nubwo nabyo mutabishoboye tuzahasiga ifoto y’intare mujye muhora muyitiye ubwoba |
|
Phanuel Kuya 24-07-2012 saa 03:50'
|
|
Jado Kuya 24-07-2012 saa 03:02'
|
|
Jado Kuya 24-07-2012 saa 03:01'
Muzaguma mu magambo ariko twe dusonga mbere, ubuse ntimwicaye ku rugo, mwabuze uruvugiro uwabaha akaryo mwamera nk’abafana ba YANGA NA SIMBA nuko mutagira amahirwe yo kugira aho mugera kubera amagambo menshi. Mwihangane natwe sitwe twabyiteye ahubwo twabonye Imana ibikora. Na ho A.P.R yo izaguma ari intare batinya. |
|
ilunga Kuya 24-07-2012 saa 02:22'
Ariko sha abarayons mwagiye mureka amashyari ko ntaho azabageza. ariko se mubona mwebwe mucrea ambiance yo guha ikipe igikombe? umwiryane, ubusambo,amarozi sibyo bibaranga?
|
|
BATSINDE Kuya 24-07-2012 saa 01:13'
|
|
Kanyarabonye Kuya 23-07-2012 saa 16:25'
ukurikije ama karita yahawe abakinnyi ba APR se ntimubona ko muri 1/2 ziyongereye niyo baharenga kuri final bahagera bahagaze mu kibuga nka AMAGAJU nibwo buhanga bahemberwa se ? ariko nanjye ndabarenganya ko na Championa ariko bayikina kugeza batwaye igikombe,wasanga J Marie yarakoze ya tekinike ye yitwa UBUTAGWABIRA ko ahamaze iminsi yishakira amaramuko .
|
|
|
| Nimero | Ikipe | Imikino | Amanota |
| 01 | RAYON SPORTS | 25 | 57 |
| 02 | POLICE FC | 25 | 52 |
| 03 | APR FC | 25 | 45 |
| 04 | Mukura VS | 25 | 41 |
| 05 | La Jeunesse | 25 | 39 |
| 06 | As Kigali | 25 | 36 |
| 07 | Kiyovu | 25 | 34 |
| 08 | Musanze | 25 | 33 |
| 09 | AMAGAJU FC | 25 | 30 |
| 10 | As Muhanga | 25 | 26 |
| 11 | Espoir | 25 | 25 |
| 12 | MARINES FC | 25 | 21 |
| 13 | Etincelles | 25 | 18 |
| 14 | Isonga | 25 | 15 |
Mureke amatiku atagiira icyo ageza ku bantu. Uretse abakongomani n’abatanzania batari patriotiques bogeza ekipe z’amahanga iyo zikina n’ekipe zo mugihugu cyabo badafana mwabomye he handi abenegigugu bogeza ekipe z;amahanga zikina n’izigihugu cyabo? Biteye agahinda kandi byerekana n’abo muribo. Bitaniyehe se no kugambanira igihugu cyanyu niba mwumva ntashema kubona ekipe iyuruka mugihugu cyawe yatsinze? Mujya mubona shampion’s league i burayi? Ntibibaha amaso? Twikosore.