RUHAGOYACU.com RUHAGOYACU kuri Youtube RUHAGOYACU kuri Twitter RUHAGOYACU kuri Facebook
Indi mikino Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:38'  -  Amagare: Irushanwa rya Criterum Rwamagana mu gutaha ikigo gishya kigisha uyu mukino  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:22'  -  U 19 U Rwanda rwamenye itsinda rurimo mu gikombe cy’isi  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:00'  -  Volleyball:UNR ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda INATEK  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 7:37'  -  Ijisho rya Ruhago: Athletisme- Johnson mu kubeshya Minispoc agahima abakunzi b’imikino  |  Yanditswe kuya 18-05-2013 saa 28:12'  -  Volleyball amakipe abiri ya mbere arahurira i Ruhande kuri iki cyumweru
Perezida wa federation y’umupira w’amaguru muri Libya yeguye ku mirimo ye !!
Print Views: 160 Share on Facebook Share on Twitter Text Size

Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Libya Kuweidir Muftah kuri ubu ntakibarizwa ku mirimo ye nyuma yo kwegura ku mirimo ye.

Uyu mugabo weguye kumpamvu atashatse gutangaza mu itangazamakuru , akaba yatangaje ko kwegura ku mirimo ye byatewe cyane cyane n’akavuyo kari kurangwa muri iyi minsi muri siporo ya Libya.

Iyegura rya Kuweidir Muftah rikaba rije nyuma y’ishimutwa rya Nabil al-Taher al-Alam wari ushinzwe abakinnyi bazajya mu mikino ya Olympic.

Nabil al-Taher al-Alam nubwo yarekuwe kuri iki cyumweru nabantu bataramenyekana kuri ubu ubwoba bukaba bukiri bwose kubayobozi benshi bagomba kwerekeza i London mu mikino ya Olympic.


  • AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
    Andika Izina na E-mail yawe ahabugenewe
    Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na RuhagoYacu.com
    Iyo igitekerezo cyawe kitajyanye n’inkuru cyangwa gitandukiriye amahame agenga abasiporitifu kirasibwa.
    Murakoze!

Urutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere 2012 - 2013.
Shampiyona igeze ku munsi wa 24
Nimero Ikipe Imikino Amanota
01 RAYON SPORTS 25 57
02 POLICE FC 25 52
03 APR FC 25 45
04 Mukura VS 25 41
05 La Jeunesse 25 39
06 As Kigali 25 36
07 Kiyovu 25 34
08 Musanze 25 33
09 AMAGAJU FC 25 30
10 As Muhanga 25 26
11 Espoir 25 25
12 MARINES FC 25 21
13 Etincelles 25 18
14 Isonga 25 15
Urutonde rurambuye