RUHAGOYACU.com RUHAGOYACU kuri Youtube RUHAGOYACU kuri Twitter RUHAGOYACU kuri Facebook
Indi mikino Yanditswe kuya 22-05-2013 saa 19:01'  -  Adolphe Mutoni akomeje gutabarizwa  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:38'  -  Amagare: Irushanwa rya Criterum Rwamagana mu gutaha ikigo gishya kigisha uyu mukino  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:22'  -  U 19 U Rwanda rwamenye itsinda rurimo mu gikombe cy’isi  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 8:00'  -  Volleyball:UNR ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda INATEK  |  Yanditswe kuya 20-05-2013 saa 7:37'  -  Ijisho rya Ruhago: Athletisme- Johnson mu kubeshya Minispoc agahima abakunzi b’imikino
Ikipe ya Yanga African yiteguye ite APR FC ?
Print Views: 781 Comments: 1 Share on Facebook Share on Twitter Text Size

Mbere yo gucakirana na APR FC muri CECAFA Kagame Cup, ikipe ya Yanga African kuri ubu iri kwibaza byinshi cyane cyane umutoza Tom Saintfiet utangaza ko ikipe ya ye ifite utubazo tumwe na tumwe ku bakinnyi ngenderwaho.

Nubwo ikipe ya Yanga yatsinze APR FC mu mikono yijonjora , benshi mu bakunzi ba Yanga African ntibizeye ko ikipe yabo izikura imbere ya APR FC biyoroheye.

Umutoza Tom Saintfiet akaba atangaza ko Nizar Khalifann afite akabazo akaba adashobora kuboneka ku mukino wa ½ , hamwe n’umunyezamu Yaw Berko.

Ikipe ikipe ya Yanga ikomeje gukoraho ni ugukurikirana rutahizamu wa APR FC, Olivier Karekezi , ibintu benshi babona ko ari iturufu ikarishye iyi kipe iri gukoresha ngo ibe yabashak kwigizayo ikipe ya APR FC nayo yamaze gutinywa nyuma yo gusezerera URA yo muri Uganda.

Katabirora Kuya 25-07-2012 saa 18:27'

J Marie yatangiye kuwukinira mu ibase buriya ubwo umuzamu na Rutahizamu batangiye kugira utubazo
dutuma bataboneka aho rukomeye,football ntigikinwa iminota 90 gus, reka turebe ko har’umusaruro byatanga
ndumva batangiye kubicira inyeri,wasanga har’ukuntu


  • AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
    Andika Izina na E-mail yawe ahabugenewe
    Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na RuhagoYacu.com
    Iyo igitekerezo cyawe kitajyanye n’inkuru cyangwa gitandukiriye amahame agenga abasiporitifu kirasibwa.
    Murakoze!

Urutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere 2012 - 2013.
Shampiyona igeze ku munsi wa 24
Nimero Ikipe Imikino Amanota
01 RAYON SPORTS 25 57
02 POLICE FC 25 52
03 APR FC 25 45
04 Mukura VS 25 41
05 La Jeunesse 25 39
06 As Kigali 25 36
07 Kiyovu 25 34
08 Musanze 25 33
09 AMAGAJU FC 25 30
10 As Muhanga 25 26
11 Espoir 25 25
12 MARINES FC 25 21
13 Etincelles 25 18
14 Isonga 25 15
Urutonde rurambuye