RUHAGOYACU.com RUHAGOYACU kuri Youtube RUHAGOYACU kuri Twitter RUHAGOYACU kuri Facebook
Amakuru ashyushye Yanditswe kuya 19-06-2013 saa 24:18'  -  Rayon Sports batatu ba nyuma berekeje muri Sudani, Bagoore yasigaye  |  Yanditswe kuya 19-06-2013 saa 24:10'  -  Elman 0-1 APR FC: CECAFA Kagame Cup APR iyinjiranyemo intsinzi  |  Yanditswe kuya 19-06-2013 saa 15:16'  -  Rayon Sports na APR FC zishobora kuzahaha riremuye  |  Yanditswe kuya 18-06-2013 saa 14:54'  -  Dodo yiteguye gufatanya na ba Mourinho bombi kugeza Police FC aheza  |  Yanditswe kuya 18-06-2013 saa 14:34'  -  “Faustin yibagirwa vuba”-Gomes yababajwe cyane n’uko uyu mukinnyi atajyanye na bo
Rajab yasinye amasezerano y’umwaka mu ikipe ya Etincelles FC
Print Views: 333 Share on Facebook Share on Twitter Text Size

Umutoza watozaga ikipe ya Marines Rajab Bizumuremyi yagizwe umutoza wa Etincelles aho yaje asimbuye Sogonya Hamiss “Kish” utararangije shampiyona ishize.

Nkuko twabitangarijwe na Perezida wa Etincelles FC Dukuze Christian,ngo ubu umutoza ku munsi w’ejo yahise atangira imyitozo n’iyi kipe ndetse nyuma y’ukwezi bakazanashyira hanze imihigo bazaha Rajab muri shampiyona itaha.

Twasinyanye amasezerano y’umwaka, imihigo tuzayisinyana nyuma y’ukwezi amaze kureba uko ikipe imeze n’ abakinnyi ashobora kubona noneho dufatire aho tugire imihigo dusinyana kandi izajya isuzumwa buri mezi atatu”, Dukuze.

Muri iyi kipe yo mu burengerazuba ngo barambiwe abatoza batagira intego ari nayo mpamvu bazasinyana imihigo na Rajab. Ubwo twaganiraga na perezida wa Etincelles mu minsi yashize yari yabitubwiyeho: “Ntago twahamya ko amakipe yose cyane iyacu, twabona amfarannga yo guhemba umutoza ngo atsinde cyangwa atsindwe, “turashaka umutoza utsinda byamunanira kimwe n’abandi bantu bose akagenda”.

Ikipe ya Etincelles yarangije ku mwanya wa 7 muri shampiyona iheruka nyamara yari iyoboye izindi mu gice cya mbere cya shampiyona. Kuri Dukuze Christian ngo basanga byaratewe n’umutoza utari mwiza ndetse n’abakinnyi bagiye bitwara nabi ari nayo mpamvu ubu bashizeho komisiyo ishinzwe gushaka abakinnyi.


  • AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
    Andika Izina na E-mail yawe ahabugenewe
    Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na RuhagoYacu.com
    Iyo igitekerezo cyawe kitajyanye n’inkuru cyangwa gitandukiriye amahame agenga abasiporitifu kirasibwa.
    Murakoze!

Urutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere 2012 - 2013.
Shampiyona igeze ku munsi wa 26
Nimero Ikipe Imikino Amanota
01 RAYON SPORTS 26 57
02 POLICE FC 26 52
03 APR FC 26 46
04 Mukura VS 26 42
05 La Jeunesse 26 40
06 As Kigali 26 39
07 Musanze 26 36
08 Kiyovu 26 34
09 AMAGAJU FC 26 31
10 Espoir 26 28
11 As Muhanga 26 27
12 MARINES FC 26 22
13 Etincelles 26 19
14 Isonga 26 16
Urutonde rurambuye