RUHAGOYACU.com RUHAGOYACU kuri Youtube RUHAGOYACU kuri Twitter RUHAGOYACU kuri Facebook
Amakuru ashyushye Yanditswe kuya 24-05-2013 saa 27:32'  -  Mukura VS abakinnyi 3 bahagaritswe, 5 barasezererwa bashinjwa kwigumura  |  Yanditswe kuya 24-05-2013 saa 20:18'  -  Ni iki cyihishe inyuma yo kudahamagarwa kwa MUGABO mu Mavubi?  |  Yanditswe kuya 22-05-2013 saa 18:40'  -  Papy muri Rayon Sports, Iranzi muri Yanga n’ibindi bihuha by’ama transfert mu Rwanda  |  Yanditswe kuya 21-05-2013 saa 29:17'  -  CECAFA Kagame Cup: APR FC mu itsinda ry’urupfu  |  Yanditswe kuya 21-05-2013 saa 17:11'  -  Rutaremera yatengushye abakunzi ba Musanze- Ferwafa ikomeje kuba ku izina gusa
Usain Bolt yongeye kwesa undi muhigo mushya !!
Print Views: 538 Share on Facebook Share on Twitter Text Size

Mu mikino olempike iri kubera I London mu Bwongereza benshi bakomeje kwibanda kuri Micheal Helps woga kurusha ifi ariko kuri iki cyumweru isi yose yaje gutungurwa no kubona umuntu wambere ku isi mu kwiruka yongera kwerekana ko abizi kandi ko anyaruka kurusha umurabyo uwo akaba ntawundi ari Usain Bolt wongeye gushyiraho agahigo gashya ubwo yirukaga metero 100 mu masegonda 9.63.

Uyu musore ukomoka muri Jamaica akaba yari yaje benshi batemeranya nawe ko azongera kwereka igihandure abo bari bahanganye cyane cyane nka Blake basanzwe bakorana imyitozo.

Hari hashize igihe kirekire ntawubasha kwesa umuhigo wo gutwara umudali inshuro 2 zikurikirana anaca umuhigo ukomeye cyane utarigezwe ugerwaho nundi muntu numwe kuri iyi si dututeho.

Nyuma yo kwesa uyu muhigo uyu musore akaba ahanze ijisho kuri metero 200 aho atangaza ko agiye gukoresha imbaraga ze zose kugirango abone uwo mudali wa zahabu nanone.

Kuri Bolt ngo Blake arabizi ko atazamusiga nubwoa ari inshuti kandi bakaba bitoreza hamwe gusa Bolt akaba atangaza ko atazamwemerera kumutsinda.


  • AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
    Andika Izina na E-mail yawe ahabugenewe
    Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na RuhagoYacu.com
    Iyo igitekerezo cyawe kitajyanye n’inkuru cyangwa gitandukiriye amahame agenga abasiporitifu kirasibwa.
    Murakoze!

Urutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere 2012 - 2013.
Shampiyona igeze ku munsi wa 24
Nimero Ikipe Imikino Amanota
01 RAYON SPORTS 25 57
02 POLICE FC 25 52
03 APR FC 25 45
04 Mukura VS 25 41
05 La Jeunesse 25 39
06 As Kigali 25 36
07 Kiyovu 25 34
08 Musanze 25 33
09 AMAGAJU FC 25 30
10 As Muhanga 25 26
11 Espoir 25 25
12 MARINES FC 25 21
13 Etincelles 25 18
14 Isonga 25 15
Urutonde rurambuye