RUHAGOYACU.com RUHAGOYACU kuri Youtube RUHAGOYACU kuri Twitter RUHAGOYACU kuri Facebook
Amakuru ashyushye Yanditswe kuya 24-05-2013 saa 27:32'  -  Mukura VS abakinnyi 3 bahagaritswe, 5 barasezererwa bashinjwa kwigumura  |  Yanditswe kuya 24-05-2013 saa 20:18'  -  Ni iki cyihishe inyuma yo kudahamagarwa kwa MUGABO mu Mavubi?  |  Yanditswe kuya 22-05-2013 saa 18:40'  -  Papy muri Rayon Sports, Iranzi muri Yanga n’ibindi bihuha by’ama transfert mu Rwanda  |  Yanditswe kuya 21-05-2013 saa 29:17'  -  CECAFA Kagame Cup: APR FC mu itsinda ry’urupfu  |  Yanditswe kuya 21-05-2013 saa 17:11'  -  Rutaremera yatengushye abakunzi ba Musanze- Ferwafa ikomeje kuba ku izina gusa
USAIN BOLT: Afite inzozi zo kuzakinira Manchester United - Sir Alex Ferguson yamwemereye kuzaza gukora igeragezwa
Print Views: 1073 Share on Facebook Share on Twitter Text Size

Umuntu wa mbere ufite umuvuduko kurusha abandi bose ku isi Usain Bolt aherutse gusaba umutoza Sir Alex Ferguson ko yifuza gukinira ikipe ya Manchester United, ubusanzwe abereye umufana cyane.

Uyu musore uherutse kwegukana umudari wa zahabu mu mikino Olympic London 2012 mu metero 100 yatangaje yuko indoto ye isigaye ari ugukina umupira w’amaguru.

Bolt ufite imyaka 25 y’amavuko: " Ati abantu benshi bazi ko wenda nivugira gusa . Ariko umutoza Sir Alex Ferguson yanyemereye kuzaza gukora igeragezwa mu ikipe abereye umutoza,Usain Bolt ati sinakwitesha aya mahirwe nahawe!!

Usain Bolt na Sir Alex

" Ati sinari kwemera kuzajya gukora igeragezwa iyo mba nzi ko nta Football nakina . Akomeza agira ati njyewe ni umukinnyi mwiza kandi nshobora kuzahindura byinshi.

"Ngo azaba ari umukinnyi ufite umuvuduko mwinshi kurusha abandi mu ikipe kandi ndetse azanakina neza."

Uyu musore ukomoka muri Jamaica yongeyeho : "Ati ndi hano mu Bwongereza muri iyi minsi, igihe umutoza Sir Alex Ferfuson azamuhamagarira ngo yitabire igeragezwa ari tayari kujyayo"

Usain Bolt afite umudali we wa zahabu

Bolt - uherutse gukora amateka yo gukoresha amasekunde 9.63 muri metero 100, afitanye ubushuti n’umutoza wa Manchester United kuva mu mwaka 2009 ubwo yajyaga mu marushanwa ya metero 150.

Ngo yiteguye kureba uko azitwara mu mupira w’amaguru: "ngo we atekereza yuko yazitwara neza nka Rooney."

Ikipe ya Manchester United irimo umukinnyi Usain Bolt

Abakunzi b’ikipe ya Machester United baramushyigikiye . Adam Haworth, 35, ati iyo tugira umukinnyi ufite umuvuduko mu ikipe twakwitwara neza ibyo nibyo twaizize muri shampiyona yashize!"

"Chris Hicks, 49, we ati uyu musore twamujyana mu ikipe y’abasimbura umwaka umwe akigishwa birenze ibyo azi hanyuma mu gihe umukinnyi Ryan Giggs azahagarika gukina agatangira gukina.


  • AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
    Andika Izina na E-mail yawe ahabugenewe
    Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na RuhagoYacu.com
    Iyo igitekerezo cyawe kitajyanye n’inkuru cyangwa gitandukiriye amahame agenga abasiporitifu kirasibwa.
    Murakoze!

Urutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere 2012 - 2013.
Shampiyona igeze ku munsi wa 24
Nimero Ikipe Imikino Amanota
01 RAYON SPORTS 25 57
02 POLICE FC 25 52
03 APR FC 25 45
04 Mukura VS 25 41
05 La Jeunesse 25 39
06 As Kigali 25 36
07 Kiyovu 25 34
08 Musanze 25 33
09 AMAGAJU FC 25 30
10 As Muhanga 25 26
11 Espoir 25 25
12 MARINES FC 25 21
13 Etincelles 25 18
14 Isonga 25 15
Urutonde rurambuye