Umunyamabanga mukuru mu ikipe ya Rayon Sports Gakwaya Olivier atangaza ko abakinnyi b’abanyamahanga batazababera ikibazo mu ikipe yabo.
Ibi akaba yarabidutangarije nyuma y’uko inteko rusange y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yemeje ko muri shampiyona itaha abanyamahanga bane bonyine aribo bazajya bagaragara ku mukino.
“Abanyamahanga benshi dufite twari tugifitanye amasezerano na bo, ntago icyemezo cyo gukinisha abanyamahanga bane cyadutunguye kandi turanagishyigikiye”.
“Inteko rusange yabaye igihe cyo kugura abakinnyi cyararangiye ariko n’ubundi twari twiteze ko umubare uzagera kuri bane”, “byari kuba ikibazo iyo bavuga wenda ko nta munyamahanga n’umwe wemewe kuko hari abo dufitanye amasezerano”.
Ikipe ya Rayon Sports isa nkaho ari yo kipe mu zikomeye mu gihugu igifite umubare w’abanyamahanga uri hejuru nkuko byagiye bigaragara mu mikino ya gicuti.
Shampiyona y’ikiciro cya mbere itarabona umuterankunga kugeza ubu, biteganyijwe ko izatangira tariki ya 22/09/2012.
Kuya 24-05-2013 saa 13:18
Ni iki cyihishe inyuma yo kudahamagarwa kwa MUGABO mu Mavubi?
Kuya 22-05-2013 saa 11:40
Papy muri Rayon Sports, Iranzi muri Yanga n’ibindi bihuha by’ama transfert mu Rwanda
Kuya 21-05-2013 saa 22:17
CECAFA Kagame Cup: APR FC mu itsinda ry’urupfu
Kuya 21-05-2013 saa 10:11
Rutaremera yatengushye abakunzi ba Musanze- Ferwafa ikomeje kuba ku izina gusa
Kuya 19-05-2013 saa 22:31
Bakame aratangira imyitozo mu minsi mike
|
-####- Kuya 12-09-2012 saa 07:45'
|
|
Ibincanga Kuya 11-09-2012 saa 05:44'
|
|
KKKK Kuya 11-09-2012 saa 05:14'
|
|
KAMANA MANZI Kuya 11-09-2012 saa 00:30'
None se ko Police na APR zari zaratangiy kugabanya abanyamahanga bari bazi ko FERWAFA izagabanya uwo mubare? Cyangwa ni bo bayobora FERWAFA. Ese mwatubwira niba Minisiteri y’umuco na Siporo cyangwa FERWAFA bagira ingamba zanditse z’igihe kirekire ngo tomenye niba kugabanya abanyamahanga byaba bifite targets zigenda zikurikirana, cyangwa bafata icyemezo uko bishakiye bakurikije icyo bashaka kugeraho. |
|
KAMANA MANZI Kuya 11-09-2012 saa 00:27'
None se ko Police na APR zari zaratangiy kugabanya abanyamahanga bari bazi ko FERWAFA izagabanya uwo mubare? Cyangwa ni bo bayobora FERWAFA. Ese mwatubwira niba Minisiteri y’umuco na Siporo cyangwa FERWAFA bagira ingamba zanditse z’igihe kirekire ngo tomenye niba kugabanya abanyamahanga byaba bifite targets zigenda zikurikirana, cyangwa bafata icyemezo uko bishakiye bakurikije icyo bashaka kugeraho. |
|
-####- Kuya 10-09-2012 saa 20:44'
nibwo nakwemera koko ko amakipe yose yo mu rwanda agendera kuri shebuja wayo wambara umukara n umweru!kuko niba nibuka neza hambere hari commentaire yanditswe n umuntu rwose nyuma yaho L equipe au couleur du corbeau ivugiye ko izakoresha abanyarwanda benshi.uwo muntu yahise agira impungenge avuga ati baraje bahindure itegeko ku banyamahanga none RAYON ibyakiranye yombi itaranabiteguye!yewe abazi ubwenge ni abatangiye hambere kwifanira ama championnat yo hanze,narabasekaga ariko ndabibonye pee!reka APR IKOREiyo test nayo yongere yange gucamo bongere bahindure itegeko,ese ko ifashe iyo gahunda kubera ko bayihendaga cyane kdi ntigire umusaruro ibungukamo namwe muri rayon byari uko cg umwera uturutse ibukuru.... |
|
|
| Nimero | Ikipe | Imikino | Amanota |
| 01 | RAYON SPORTS | 25 | 57 |
| 02 | POLICE FC | 25 | 52 |
| 03 | APR FC | 25 | 45 |
| 04 | Mukura VS | 25 | 41 |
| 05 | La Jeunesse | 25 | 39 |
| 06 | As Kigali | 25 | 36 |
| 07 | Kiyovu | 25 | 34 |
| 08 | Musanze | 25 | 33 |
| 09 | AMAGAJU FC | 25 | 30 |
| 10 | As Muhanga | 25 | 26 |
| 11 | Espoir | 25 | 25 |
| 12 | MARINES FC | 25 | 21 |
| 13 | Etincelles | 25 | 18 |
| 14 | Isonga | 25 | 15 |
KO RAYON ITADUSHAKIRA UMUTOZA IRAGIRANGO IZIBUKE IBITEREKO TWASHESHE, CHAMPIONA IRATANGIRA VUBA BA RAYON NTANOTA RYO GUTAKAZA