RUHAGOYACU.com RUHAGOYACU kuri Youtube RUHAGOYACU kuri Twitter RUHAGOYACU kuri Facebook
Amakuru ashyushye Yanditswe kuya 19-06-2013 saa 24:18'  -  Rayon Sports batatu ba nyuma berekeje muri Sudani, Bagoore yasigaye  |  Yanditswe kuya 19-06-2013 saa 24:10'  -  Elman 0-1 APR FC: CECAFA Kagame Cup APR iyinjiranyemo intsinzi  |  Yanditswe kuya 19-06-2013 saa 15:16'  -  Rayon Sports na APR FC zishobora kuzahaha riremuye  |  Yanditswe kuya 18-06-2013 saa 14:54'  -  Dodo yiteguye gufatanya na ba Mourinho bombi kugeza Police FC aheza  |  Yanditswe kuya 18-06-2013 saa 14:34'  -  “Faustin yibagirwa vuba”-Gomes yababajwe cyane n’uko uyu mukinnyi atajyanye na bo
Text Size

IMVO N’IMVANO

RuhagoYacu yashinzwe na Urukundo Eric waje kwitaba Imana tariki ya 24/09/2011 azize uburwayi. RuhagoYacu ni umushinga watangiye ari Blog ugitangira hari intego yo gutangaza amakuru meza kandi ashimisha abakunzi ba ruhago mu Rwanda n’abanyarwanda muri rusange. Blog yaje gukundwa biba ngombwa ko hashingwa website kuko hari byinshi byari bimaze kuboneka byagezwa ku bakunzi ba ruhago mu Rwanda ndetse n’abari mu mpande zose z’isi.

Impamvu izina RuhagoYacu

Impamvu izina RuhagoYacu ni uko mu Kinyarwanda umupira w’amaguru bijyanye na ruhago naho kuba twarongeyeho yacu ni ukuvuga ko dushaka ko natwe Abanyarwanda ruhago iba iyacu.

INTEGO

Intego ya RuhagoYacu ni ugutangariza Abanyarwanda amakuru mashya kandi afitiwe gihamya ya ruhago n’indi mikino ,ayo makuru akazajya aba ari mu Kinyarwanda. Si itangazamakuru gusa kuko muzajya musanga byinshi mu bitekerezo bya bamwe mu bantu bagiye bakora amateka muri ruhago mu Rwanda n’ahandi ku isi. RuhagoYacu ikaba izaba ihuriro ry’Abanyarwanda mu gutanga ibitekerezo no mu kureba uko twazamura umupira w’amaguru mu Rwanda ndetse nindi mikino.

ABAYOBOZI BAKURU Managing Director Joe Bizdal Phone:

+(250)786501022

Chief Creative & C. Officer MBABANE T- Francis Phone:

######

Chief Editor DUKUZE Jean de Dieu Phone:

+(250)788293723

Chief Technical Officer BARAKA Patient Phone:

(+250)788215324